Tuesday 23 May 2017

Manchester Arena attack:Zimwe muri Twitter zagiye zandikwa n'abakinnyi ndetse n'abatoza bihanganisha abaguye mu gitero cya bereye mu mugi wa Manchester.

Do you want to share?

Do you like this story?

Iri joro nibwo abari bitabiriye igitaramo cy'umuhanzi Ariana Grande bagabyeho igitero,aho abagera kuri 22 bitabye Imana naho abarenga  59 bagakomereka bikabije.

Iki gitero kikaba cyigambwe n'umutwe ugendera ku mahame akaze ya kisilamu witwa ISIS,ikaba inatangaza ko hari nibindi biteguye kugaba muihe Allah abibemereye.Umusore witwa Salman Abedi wimyaka 22 bikaba bimaze kumenyekanako ariwe wakoze ibyo.

Abantu benshi rero harimo abakinnyi ndetse n'abatoza bagiye bandika ubutumwa bwo kwihanganisha abarokoze icyo gitero ndetse no gusabira abakiguyemo tukaba twabahitiyemo bumwe bagiye bashyira kuri konte zabo za Twitter.


Ushobora gusoma 'izi nkuru: 

























































terror
Ubutumwa umutwe wa ISIS wanditse nyuma yuko bibaye








YOU MIGHT ALSO LIKE

0 comments:

Advertisements

Advertisements

 
<