Monday 24 April 2017

Neymar we yarebeye EL CLASICO mu rugo iwe,ubwo ikipe ye yatsindaga Real madrid.

Do you want to share?

Do you like this story?

Umunya Bresil w'imyaka 25 ukinira ikipe ya Barcelona,akaba atijyeze agaragara ku mukino waraye ubahuje n'ikipe ya Real Madrid (El clasico),kubera ikarita yahawe muri champiyona yatumwe atagaragara ku mikino itatu yose ya Barcelona muri La liga.

Nubwo uyu musore atarari gukina ariko mu rugo iwe aho yareberaga uyu mukino we n'inshuti ze, yagaragaje ko yari yifatikanyije n'ikipe ye ubwo yarimo itsinda Real kuko yagiye apositinga amafoto amugaragaza yishimira ibitego bwa bagenzi be.

Uyu mukino utari woroshye na gato watangiye ikipe ya Real ihabwa amahirwe ariko iza kugira ikibazo cy'umukinnyi wayo Gareth Bale waje guhita agira imvune hakiri kare,nubwo ikipe ye yakomeje kwataka cyane byaje kugaragarako ikineye rutagizamu wo kuyifasha.

Uyu mukino ukaba waje kurangira Barca itsinze  bigoranye Real 3-2,kuko yabonye intsinzi umukino urimo urangira.Ariko nkuko mubizi iyo aya makipe yahuye akenshi amaso abantu baba bayahanze abakinnyi babiri(Lionel Messi na Christiano Ronaldo)bategere uko bari bwitware doreko buri mukino uba usanga buri umwe agira agahigo ashyiraho,bikaba byaje kugaragako Messi yarari hejuru kuko yatsinzemo ibitego 2 akaba yahise yuzuza ibitego 500 akinira Barcelona.


messi-winning-goal
Messsi watsinze igitego cy'intsinzi
neymarjunior
Neymar ubwo yareberega umukino murugo iwe
bresillian
ubwo yishimiraga igitego cya Messi cy'intsinzi
gareth-bale-injure
Gareth Bale ukomeje kugarizwa n'imvune
ramos-redcard
Sergio Ramos wahawe ikarita ku munota wa 77
Izi kibe ubu zikaba zinganya manota muri champiyona.

YOU MIGHT ALSO LIKE

0 comments:

Advertisements

Advertisements

 
<