Saturday 13 May 2017

Rwandaroundupnews:Real Madrid niyo iyoboye amakipe afite utudemi tuzamura abakinnyi bakomeye muri iyi mwaka.

Do you want to share?

Do you like this story?

Muminsi yashize wasangaga ikipe ya FC Barcelona ariyo iza ku mwanya wa mbere mu makipe azamura abakinnyi benshi bava muri academy,ariko ubu ngubu byarahindutse nkuko bitanga n'ikigo kitwa CIES Football Observatory gikora ubushakatsi ku mikino.

Turebye nko kumakipe yo mu Byongereza dusanga ikipe iza hafi ari Manchester united iza ku mwanya wa 3 ku isi igakurikirwa na Arsenal iza ku mwanya wa 8 ku isi mugihe nka Tottenham ari iya 23 naho Chelsea ikaza ku mwanya wa 37 kui isi.

Nta mugayo reka ikipe ya Manchester united imaze iminsi izamura abakinnyi muri academy yayo kandi bakagenda babyitwaramo neza n'ubwo bamwe baba batakiyikinira aha tukaba twavugamo nka Danny Drinkwater watwaranye igikombe n'ikipe ya Leicester umwaka ushize hakaza Tom Heaton,Danny Welbeck,Danny Simpson,John O'Shea,Gerd Pique,Jesse Lingard na Marcos Rashford bari kuyatakira muri ino minsi abo bose bakaba baravuye muri academy ka Manchester unuited.


lingard
Lingard na Rashford
Tugiye nko muri Esipanye dusanga ikipe ya Balcelona yaragiye azamura abakinnyi bakomeye nka Messi,Andres Innesta na Sergio Bussquettes bakuriye muri academy La Masia,ariko wagera kuri Real usanga ifite abakinnyi benshi yagiye izamura muri ino minsi barimo  Alvaro Morata, Dani Carvajal, Nacho and Marco Asensio bose bari ku yikinira.

Dore uko 10 za mbere zikurikirana:

real
Source/the sun


YOU MIGHT ALSO LIKE

0 comments:

Advertisements

Advertisements

 
<