Thursday 18 May 2017

50Cent niwe uzaririmba mu gitaramo cy'ikipe ya Monaco ubwo izaba yishimira uburyo yitwaye neza uyu mwaka mugihe yaba itwaye igikombe cya shampiyona y'ubufaransa..

Do you want to share?

Do you like this story?

As Monaco fc ni ikipe twavugako yitwaye neza uyu mwaka ntanumwe ubukeka,kuko yagarukiye muri kimwe cya kabiri cya champions league isezerwe na Juventus nyamara yari yagiye isezerera amakipe akomeye nka Dortmund ndetse na Manchester city.

Muri iki giye rero shampiyona zirimo zirangira haramakipe atarabona igikombe ariko akaba ahabwa amahirwe ko ariyo ashobora kucyegukana.

mugi  mu Bufaransa naho basigaje umukino umwe ubu ikipe ya Monaco niyo ifite amahirwe yo kwegukana igikombe cya shampiyona kuko irusha ikipe iyikurikiye ariyo Paris Saint Germain amanota 6 migihe hasigaye umukino

Mubiro byo kwishimira icyo gikombe iyo kipe irateganya gutumira umuraperi w'Umunyamerika akaba ariwe uzabataramira muri ibyo birori.

Uyu mwaka iyi kipe yagize abakinnyi bitwaye neza byatumwe amakipe akomeye ku mugabane w'iburayi arimo kubashakisha kuburyo ntakizere ko bazayigumamo umwaka utaha.
bestrapper
image source/penterest
asmonacofc
Monaco yitwaye neza uyu mwaka

YOU MIGHT ALSO LIKE

0 comments:

Advertisements

Advertisements

 
<